RegistrationKin

Ifishi yo kwiyandikisha mu ihuriro

Ifishi yo kwiyandikisha mu ihuriro

Mwuzuze ifishi ikurikira kugirango wiyandikishe mu mahuriro agamije gusangira ibitekerezo yateguwe na ONDA (Office national de diffusion artistique) ku bufatanye n’ikigo cy’ubuhanzi cya Ishyo na Rwanda Art Initiative, azabera mu Rwanda. Mushobora guhitamo kwitabira ihuriro rimwe cyangwa byinshi bitewe ninyungu zawe n’ umwanya mufite. Nkuko imyanya ari micye, turabashishikariza kwiyandikisha hakiri kare kandi tubasaba kwiyandikisha rimwe gusa. Ibindi bisobanuro bizoherezwa kuri imeri yatanzwe.

Ingingo z’ihuriro wifuza kuzitabira *
Aho buri huriro rizabera hazamenyeshwa muri imeri yemeza ubwitabire bwanyu.
Scroll to Top